in

Ukaba urabutaye; Kelia Ruzindana yongeye kuvugisha abatari bake nyuma yo kugaragara anyonga igare (Amafoto)

Kelia Ruzindana wigaruriye umutima wa pruducer Element Eleeh yavugishije abiganjemo igitsina gabo nyuma yo kugaragara ari kunyonga igare mu muhanda rwa gati.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Kelia Ruzindana yasohoye Amafoto ye ari kwiga kunyonga igare ibintu byavugishije benshi babonye ayo mafoto.

Kelia Ruzindana yavuzwe mu rukundo na Element Eleeh akaba ari umwe mu bitabiriye irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda 2022 aho yegukanye ikamba rya Miss Heritage.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto ya Clarisse Karasira yongeye kuzamura amarangamutima ya bafana be

U Rwanda mu batarengeje imyaka 23 rugiye gutozwa n’umutoza ukomeye utari Carlos Alos Ferrer