in ,

“Ufite 1kg cy’ibishyimbo urabona indaya ijoro ryose” indaya zahinduye uburyo bwo kwishyura service

Nyuma y’uko byari bimenyerewe ko indaya bazishyura amafaranga, muri Zimbabwe ingoma zahinduye imirishyo nyuma y’uko amafaranga abuze bahisemo ko bajya bishyurwa mu biribwa.

Umwe mu bakora akazi ko kwicuruza yagize ati “ndi umumama ufite abana ngomba kwitaho kuko mfite batatu kandi bakeneye kwiga no kurya kandi nta kandi kazi ngira, muri iyi minsi amafaranga yabuze, turi kwakira ibiribwa byo kurya.

Mu byo barimo kwakira harimo ibishyimbo,inyanya,imboga, ibigori, imyumbati, ibijumba ndetse n’ibindi bitandukanye ubwo mukumvikana bitewe n’uwo ariwe.

Ni nyuma y’uko kandi hari hamaze iminsi amakuru ko udukingirizo muri iki gihugu twashizemo ubu bari gukoresha amashashi avamo umugati.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Gabanya urwenya” abafana ntibaripfanye ubwo babonaga ifoto ya Rusine yigana kureba nka Miss Muheto .

Deal Done: Real yamaze kwibikaho kabuhariwe w’umufaransa.