Ubukene bwa Rayon Sports bwatumye Papa Queen Cha asigara mu Rwanda bagenda nta Muganga w’inzobere bajyanye muri Libya.
Perezida wa Rayon Sports yavuze icyatumye basigaye muganga Mugemana bakitwaza ugorora imitsi gusa.
Yavuze ko kubera ubushobozi buke bwatumye basiga umuganga wabo, Mugemana bakitwaza uzajya ugorora imitsi y’abakinnyi.
Perezida wa Rayon Sports yagize ati: “Twatwaye umuganga mu kunanura imitsi y’abakinnyi, iyo bishoboka twari gutwara abaganga babiri, ariko ntibyakunze kubera ikibazo cy’ubushobozi.”
