in

Ubugabo butisubiye bubyara ububwa: Umugabo umaze gushaka abagore 10 yafashe icyemezo cyo kurongora umwe akareka irari ry’umubiri

Umugabo umaze kubyarana n’abagore icumi, yafashe icyemezo cyo kureka gushurashura mu bagore.

Keith MacDonald w’imyaka 37 yanzuye ko agiye gutunga umugore umwe nyuma yo kubyara abana 16 ku bagore 10.

Uyu mugabo ufatwa nk’umuhehesi ruharwa, yafashe icyemezo nyuma yo kubona ko irari ritazashira.

Kuri ubu yanzuye ko agiye kubana n’umugore we, Kimberley Welford uherutse kumubyarira bucura, abo bombi bakaba baramenyanye muri 2015.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu twenda tw’imbere: Abakinnyi ba Real Madrid bafashe urwambariro barugira akabyiniro nyuma yo kunyagira Fc Barcelona (VIDEWO)

Wagira ngo ni inkumi y’imyaka 20: Mu gakanzu kagufi cyane Butera Knewless yiyerekanye nk’umwana muto – VIDIO