in

Ubu ni uburwayi bwo mu mutwe si gusa, umugabo yafashe umwana we w’umuhungu w’amezi 9 ku ngufu

Ubu ni uburwayi bwo mu mutwe si gusa, umugabo yafashe umwana we w’umuhungu w’amezi 9 ku ngufu.

Umugabo wo muri Uganda mu Karere ka Serere yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana we w’umuhungu w’amezi 19.

Uyu mugabo w’imyaka 19 yatawe muri yombi nyuma y’amakuru yatanzwe n’abaturanyi be bavuga ko mu ijoro bajya bumva uyu mwana we w’umwaka umwe n’amezi arindwi arira cyane.

Polisi ya Uganda ikorera muri aka karere ka Serere yatangaje ko mu iperereza ry’ibanze yakoze yasanze uyu mugabo yarasambanyaga uyu mwana we w’umuhungu.

Mu 2021 ngo nibwo uyu mugabo yatandukanye n’umugore we nyuma y’iminsi mike bibarutse uyu mwana wabo w’umuhungu.

Nyuma ngo bagerageje kwiyunga ariko biranga ndetse uyu mugabo afata icyemezo ajya kuzana uyu mwana we batangira kubana.

Abaturanyi b’uyu mugabo ngo batangiye kujya bumva uyu mwana arira cyane mu ijoro, ari nabwo baje kuvumbura ko amusambanya

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Chris Evans usanzwe uzwi nka Captain America yagizwe umugabo w’igikundiro ku isi yose kubera ibyo bagendeyeho

Sepp Blatter wayoboye FIFA yemeye amakosa yakoze yo kwemerera Quatar kwakira igikombe cy’isi cya 2022