in

Twitter igiye kugurishwa akayabo k’amamiriyari

Ubuyobozi bwa Twitter bwemeje ko Elon musk yifuza kugura iyi company ya Twitter kuri miliyari mirongo itanu nenye z’amadorali ya America (54B$).

Elon musk yatangaje ko namara kugura uru rubuga, azakora uko ashoboye kose kugira ngo uru rubuga rwongere rube rushya kandi rukomeze gukundwa no kwitabirwa na benshi.

Donald trump wahagarikiwe gukoresha uru rubuga, yatangaje ko Twitter niramuka iguzwe na Elon musk nubundi ntago azigera arukoresha kuko ahugiye mu gukoresha urubuga rwe bwite.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza kuri Diamond Platnumz wari wafungiwe umugati na YouTube

Benzema yaba yaramaze kwegukana Ballon d’Or?