in

“Tuvugishije ukuri n’iki gitumye amabere y’abana b’abakobwa akweduka nk’imishipiri” Umugore w’inararibonye yabajije abakobwa bo muri iyi minsi aho bashyize abana babyaye nyuma y’ibintu 2 akomeje kubabonaho

“Tuvugishije ukuri n’iki gitumye amabere y’abana b’abakobwa akweduka nk’imishipiri” Umugore w’inararibonye yabajije abakobwa bo muri iyi minsi aho bashyize abana babyaye nyuma y’ibintu 2 akomeje kubabonaho. 

Amashusho yakomeje gusakara hose ku mbuga nkoranyambaga, umugore abaza impamvu abana b’abakobwa bo muri iyi minsi bafite amabere yaguye cyane.

Uyu mugore uvuga ko ari inararibonye yakomeje ababaza impamvu bafite inda zo hasi kandi ubundi zigirwa n’abagore babyaye gusa.

Uyu mugore kandi yakomeje kubabaza aho bashyize abana babyaye kuko bafite ibimenyetso by’abantu babyaye. – reba videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yari atarazana Nyash! Ifoto ya Anita Pendo bari kumuha impano yiga muri S3 mu myaka 20 ishize, ikomeje gutangaza benshi

Haringingo Francis ugiye guhangana na Rayon Sports mu ikipe agiye gutoza yahawe inshingano zikomeye kandi ziteye ubwoba benshi bibaza igitumye agaruka