in

“Turambiwe agasuzuguro “Juno Kizigenza yunze murya Kennysol wamennye Umuceri hasi

Nyuma y’uko kenny sol atagaragaye mu gitaramo cya The ben yagombaga kuririmba mo kubera ko abategura ibitaramo batubahirije ibyo bumvikane n’uyu muhanzi.

Kenny Sol yavuze ko abahanzi nyarwanda basuzugurwa cyane n’abategura ibitaramo ndetse n’abamenyekanisha ibihangano bya bo (promoters) aho yavuze ko bo baba bumva banarenze umuhanzi.

Yavuze ko mu Rwanda abategura ibitaramo bahamagara umuhanzi nk’aho ari impuhwe bamugiriye ndetse bakaba bumva yakwemera kubakorera ni yo we yaba yumva atanyuzwe n’ibyo yahawe cyangwa uburyo bamubwira gukoreramo.

Juno Kizigenza nawe yunze murya mugenzi kenny sol maze yandika ibaruwa ndende avuga ku mitegurire mibi y’ibitaramo mu Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana muto cyane yatunguranye ajya gusaba umukobwa bangana ngo basohokane(Video)

Manishimwe Djabel yikomye itangazamakuru mu gihe naryo rimwikoma