in

Truth or Dare imukozeho! Umugore wa Bahati yakinnye truth or dare n’umugabo we birangira umugore acitswe avuga ibintu yakoze umugabo wese atakwifuza kumva 

Truth or Dare imukozeho! Umugore wa Bahati yakinnye truth or dare n’umugabo we birangira umugore acitswe avuga ibintu yakoze umugabo wese atakwifuza kumva.

Ubusanzwe Bahati n’umugore we Diana Marua ni abantu badakunze kumva ibyo babantenga mu rukundo rwabo, dore ko couple yabo ikunze kwibasirwa n’abafana cyane.

Gusa kuri iyi nshuro aba bombi bakinnye truth or dare umukino wo kubwizanya ukuri birangira umugore acitswe avuga uburyo yakoze ibisa nko guca inyuma umugabo we ubwo umugabo we yari atwaye imodoka.

Yagize ati “twari twasohotse ndikumwe n’abandi bagore bane twanyweye twasinze, nibwo twaje kujya mu modoka ngewe nicara inyuma, mu kanya gato nibwo naje gutangira kugirana ubusabane n’undi musore twari twicaranye inyuma.”

Yavuze ko bakoze byinshi n’uwo musore hafi yo kuba baryamana. Gusa ibi Bahati ntiyabitinzeho kuko bari bari gukina kandi umugore akaba amubwije ukuri.

 

 

Written by Olivier

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ubuse disi Wayz arabigenza gute ko Juno mujyanye” Dj Sonia yatumye umutima wa Ariel Wayz udiha nyuma yo kunyatana na Juno Kizigenza mu ruhame yarangiza akaza no kubyigamba ku mbuga nkoranyambaga (VIDEWO)

Babyemera batabyemera azabayobora! Umukinnyi w’umunyarwanda ni we Kapiteni wa APR FC nubwo hari bamwe batabyemera bashaka ko bayoborwa n’umunyamahanga