in

Timamu mwakunze aririmbira muri ADEPR yazanye inyogosho yavugishije benshi (Video)

Umuhanzi wamenyekanye aririmba indirimbo za gospel aho yabarizwaga muri ADEPR nyuma aza kumara igihe kinini adakora umuziki aho yatangaje ko yahuye n’ikibazo cy’urushako.

Timamu yamenyakanye ari gukorera umurimo we muri ADEPR nyuma aza gusa nkubihagiritse kugeza kugeza ubu yagarukanye inyogosho idasanzwe mu bantu babarizwa muri ADEPR udashobora kubasangana.

Timamu benshi bamumenye mu ndirimbo ‘humura mwana ‘ wange gusa umurebye icyo gihe yarahindutse cyane , Akomeza avuga byinshi ku nyogosho yashyizeho ko ntacyo we bimutwaye nubwo muri ADEPR bamutenga nkuko bakunda kubigenza ku muntu witwaye nabi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tangira urye injanga(indagara ) guhera uyu munsi kubera izi mpamvu zihiturwa.

Amakuru atari meza ku bakunzi b’umunyamakuru Arthur Nkusi.