in

The Ben yageneye ubutumwa bukomeye Meddy nyuma yo kubura umubyeyi we

Kuri iki cyumweru nibwo umubiri wa mama wa Meddy washyinguwe byari mu gahinda gakomeye Meddy arimo arira ndetse inshuti n’abavandimwe barira bahogoye nyuma yo kubona umubyeyi wibarutse intwari atabarutse.

The Ben wakomeje kuba hafi ya Meddy, abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yakomeje uyu muhanzi mugenzi we amubira ko amusengera Imana igakomeza kumufasha.

The Ben n’umukunzi we Pamela bari bitabiriye uyu muhango ndetse na Lick lick wagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka 10 agiye muri America.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

I Rusororo: byari amarira ubwo umubyeyi wa Meddy yashyingurwaga (video)

Anita Pendo yashyize hanze amafoto ateye ubwuzu y’umwana we wujuje imyaka 5