in

The Ben ni ex wa Zari Hassan wabyaranye na Diamond, ese bakundanye agirango amukuremo amafaranga?

Ese The Ben ni ex wa Zari Hassan wabyaranye na Diamond, ese bakundanye agirango amukuremo amafaranga.

Nyuma y’amagambo menshi yagiye avugwa kuri The Ben ndetse na Zari Hassan, na nyuma yuko uyu mugore ataramiye mu Rwanda, kuri ubu hari andi avuga ko The Ben yaba yarigize akandanaho na Zari Hassan.

Aya ni amwe mu makuru akomeje gukwirakwizwa na bamwe mu nshuti ndetse n’abakurikiranira byahafi Show Biz.

Amakuru avuga ko The Ben na Zari bigize guhararana igihe kitari kinini gusa nanone kitari munsi y’amezi abiri, bakajya birirwa basohokana mu Burayi, n’ahandi henshi.

Gusa bamwe mu babivuga bavuga ko The Ben atakundanye na Zari gusa kuko hari n’abandi baherwe kazi yakundanye nabo mu rwego rwo kwishakira ifaranga.

Uyu mugore ubwo aheruka mu Rwanda yabajijwe indirimbo akunda mu Rwanda avuga ko ari “NI FOREVER” ya The Ben, ibi byatumye bamwe batangira byabindi bati “aho yanyuze ntihanyura urwango”.  Umva amajwi.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa filime Lilzo yatangiye kwikorera ku giti cye

The Ben yafashije abana – AMASHUSHO