in

The Ben amaze kwibagirana, bari biteze inyama none indagara nazo zagoranye

Kuri uyu wa gatandatu Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben agiye gukorera igitaramo muri Arena gusa ariko ibyo abantu bari biteze ntago aribyo barimo barabona.

Abantu bari biteze ko umubyigano w’abaza kureba umuhanzi The Ben baba ari uruvunganzoka none kugeza nubu abantu banze kuza ku bwinshi kandi atari ikindi kibazo cyabaye.

Amatike abantu bari biteze ko aza kuba ahenze cyane noneho kuyagurira kuri gate, ayari kugura 10,000 bayakubise ishoka agera ku 2,000 ndetse hari na benshi binjiriye ubuntu.

Kuri ubu abavanga umuziki barimo basusurutsa abitabiriye iki gitaramo ari nako bivumagura ko cyatinze gutangira dore ko abenshi baje rikirasa(izuba)

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze: abagore bagiye kwicishwa inkoni n’abagabo babo bakomeje kubigira ibanga

Akumiro: umuhungu yarongoye mushiki we babyarana abana bane