in

The Ben agiye gusubira gutwika muri Uganda

Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yongeye gutangaza ko agiye gusubira gususurutsa abanya-Uganda nyuma y’uko yari amaze igihe gito avuyeyo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yagize ati, “Tiger agarutse mu rugo” ndetse ashyiraho ifoto igaragaza aho igitarmo kizabera kikaba kizaba muri iyi weekend ku wa gatandatu.

The Ben amaze igihe kitari gito cyane hano mu Rwanda ndetse ajya anyuzamo akajya gusura zimwe mu nshuti ze zituye Uganda akananyura mu bihe byiza n’umukinzi we Pamela.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuraperi ukomeye muri Amerika yakubiswe n’umugore we bikomeye cyane

Mu mafoto 15 ashotorana: Reba uburanga bw’umunyamakurukazi mushya waje gusimbura Axel