in

Teta Sandra agiye kuzana Weasel i Kigali kwa Sebukwe ajye no kubasobanurira ukuntu yabakubitiye umwana

Umuhanzi Weasel ategerejwe i Kigali aho byitezwe ko azasura bwa mbere kwa Sebukwe, akanakora izindi gahunda z’umuryango we kuko azaba ari kumwe n’umugore we Teta Sandra.

Amakuru twamenya ni ko mu Ugushyingo uyu muryango uzaba ari i Kigali.

Yavuze ko uretse gahunda zo gusura kwa Sebukwe, Weasel anifuza kuzenguruka mu bitangazamakuru by’i Kigali amenyekanisha ibihangano bye bizaba biyobowe n’indirimbo ye nshya yise ‘More time’.

Bizaba ari ubwa mbere Weasel ageze i Kigali kuva yatangira gukundana na Teta Sandra bamaze kubyarana abana babiri mu gihe cy’imyaka itanu bamaranye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Uwicyeza Pamella wa The Ben yararanye akanyamuneza nyuma yo kubwirwa ko akundwa n’umuhanzi w’umunyamerika Shawn Mendes wakundanye na Camilla Cabello [videwo]

“Ngarukanye ukuboko kw’icyuma” KNC yagize icyo atangaza ndetse atangaza ko bagomba kumwitega