Theo Bosebabireba abantu batangiye kumusebya bavuga ko yavuye mu gakiza, yahise abaririmbira indirimbo abita inkorabusa.
Mu masaha make ashize Yegob yabagejejeho inkuru y’umuhanzi uririmba indirimbo z’agakiza Theo Bosebabireba, asobanura ku ifoto yagaragaye ari kumwe n’abantu bafite inzoga.
Yavuze ko ubwo yari asinziriye aho yari yagiye kugama imvura avuye mu giterane Indera, abantu bamwifotorezaho bafite amacupa y’inzoga bagamije ku muharabika.
Dore videwo ngufi aho hasi y’indirimbo Theo yaririmbiye abamuvuze bose: