in

“Sinshaka ko umugabo wanjye azajya atera akabariro wenyine” umugore yahishuye ubuhanga bwe mu buriri

Happy african american couple using smartphone together in bed, watching funny content, free space, panorama

Umugore yahishuye ko azi gutera akabariro ku rwego rwo hejuru ku buryo atareka ngo umugabo we aruhe ashaka kumushimisha kandi na we yamufasha bakagera ku byishimo byabo bombi.

Uyu mutegarugori w’umunyamerika ukunze kwiyita Lexie Gray kuri Facebook yavuze ko adashaka ko umugabo we akora nkumucakara kugirango ashimishe umugore we.

Nk’uko uyu mudamu abivuga, akeneye igihe cy’umugabo we kuruta amafaranga ndetse akabasha kwishimira urukundo rwabo.

Yanditse ku rubuga rwe rwa Facebook:

“” Sinshaka ko umugabo wanjye akora nk’umucakara anshimisha mu buriri wenyine. Nkeneye igihe cyawe kuruta amafaranga yawe… nshobora gushimisha umugabo wenjye aho gutera akabariro wenyine ashaka kunezeza.Ndabisobanukiwe cyane.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusifuzi Salima mukansanga yongeye kwandikisha amateka ku isi

Umugabo yatunguye umugore we wabyariye mu bitaro amushyira imodoka ihenze (Video)