in

Shyaka Olivier wamamaye muri Basketball hano mu Rwanda yasabye umukunzi we ko yazamubera umugore (Amafoto)

Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya REG BBC akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Basketball Oliver shyaka yamaze guterera umukunzi we ivi amusaba ko babana akaramata ndetse akamubera umufasha .

Ni umuhango wabaye ku munsi w’ejo tariki ya 30 Mutarama 2022 nibwo Shyaka Oliver yateye intambwe , maze asaba umukunzi we Isaro Amanda ko yazamubera umugore iminsi basigaje ku Isi bakazayimara bari kumwe na we nta kuzuyaza arabyemera ubundi amwambika impeta y’urukundo. Ni birori byabereye kuri Iliza Malibu Beach kuri Muhazi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yuko abaye icyamamare muri #MissRwanda2022, dore ibintu byabaye kuri wa mukobwa mwiza witwa Muheto Nkusi Divine

Umuhanzi w’umuherwe Grand P yafotowe akorakora umugore ufite amabuno amuruta ,abantu birabasetsa(Video)