in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Sheebah Karungi avuze ko ataremewe kurongorwa.

Umuhanzikazi ukomeye mu gihugu cya Uganda yongeye gushimangira ko Imana itamuremeye gushaka umugabo.

Ibi Sheebah Karungi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye Spark Television aho yagize ati: “Ntabwo nzashaka vuba kuko sintekereza ko ari byo byihutirwa byangombwa. Ntekereza ko naremwe kugira ngo mfashe abakobwa bato nateze imbere abagore mbavugire kandi nabahagararire nk’uko nagize amahirwe yo kubona urubuga runini rumfasha kubavugira”.

Sheebah Karungi uri mu bahanzikazi bakomeye mu Karere, si ubwa mbere atangaje ko adafite gahunda yo gushaka, ibi bituma abenshi bibaza impamvu kandi ari umunyamafaranga ntacyo abuze yewe afite n’nzu y’akataraboneka igeretse ariko akaba adashaka umugabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ariel Wayz ahishuye aho akomora umuziki we.

Kigali: Indaya yacucuye umusore ariyahura,dore uko byagenze.