in

ShaddyBoo yibasiye abagabo bitwaza ubutunzi bagashuka abagore.

ShaddyBoo yishongoye ku bagabo bibwira ko imitungo ishobora gukurura umugore akaba yakwemera ko umugabo amukoresha icyo ashaka.

Abinyujije kuri Twitter, Shaddy Boo yibukije Abagabo ko badakwiriye gufata Abagore nk’abakururwa n’imitungo kuko na bo basigaye bayifite ndetse abenshi mu bagore bakaba bafite agatubutse.

Shaddy Boo avuga ko abatekereza ko Abakobwa cyangwa Abagore bakurikira imitungo baba bibeshya cyane.

Yagize ati “Abagabo bamwe batekereza ko abagore dushaka amafaranga, imodoka, n’impano. Muribeshya icyo dushaka ni uko muduha umwanya, Kugira ishyaka, kuba inyangamugayo, kuba uwo kwizerwa, kudusetsa , hamwe no kudushyira mubyo mushyira imbere.
Amafranga natwe dusigaye tuyafite
😍😍😍”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ari umugore wa Katauti yatunguye benshi nyuma yo kwerekana imodoka nshya yaguze(AMAFOTO)

Umugore yagiye kwiba abanza kwitekera umureti n’inkoko ngo abanze yice isari.