in

Shaddy Boo yahakanye ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko umugore umwe mu bagore 8 atarangiza mu gihe cyo gutera akabariro

Mbabazi Shadia wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddy Boo, yahakanye ubushakashatsi wakozwe bugaragaza ko umwe mu bagore umunani atagera ku byishimo bye byanyuma mu gihe cyo gutera akabariro.

Ibi Shaddy Boo yabihakanye nyuma y’inkuru y’ikinyamakuru Igihe cyatangaje ko hari bushakashatsi bushya bwakorewe mu Bubiligi, bugaragaza ko umugore umwe mu bagore umunani atagera ku byishimo bye bya nyuma mu gihe cyo gutera akabariro.

Iyi nkuru ivuga ko ari ikibazo cyugarije abagore benshi ku Isi kabone nubwo ubushakashatsi bwakorewe mu Bubiligi nk’uko inzobere mu bijyanye n’imibonano mpuzabitsina, Chloé De Bie, yabigaragaje.

Nyuma yo kubona iyi nkuru, Shaddy Boo yabihakanye maze abaza abamukurikira niba aribyo koko. Yagize ati “Bari kubeshya, mumpe ubuhamya bwanyu muri Comment.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ejo hashize Ku Cyumweru yamvura yaguye mu Burundi igasenya insengero 3 ibyo yangije byose byamenyekanye, abantu nabo bahaburiye ubuzima

Amakuru agezweho: Abayobozi b’ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda bamaze kwiyirukana