in

Shaddy Boo yafashije Umwana w’igikondo gutambutsa ubutumwa yageneye The Ben uri mu myiteguro y’ubukwe n’umugore we Miss Uwicyeza Pamela

Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka ‘Shaddy Boo’ abinyujije ku rukuta rwe rwa X, yasabye abakunzi be ko bamuha ubutumwa bashaka ko abatambukiriza ndetse n’abo bugenewe.

Uwitwa Umwana w’Igikondo yagize ati “Nshaka ubwire The Ben ko atari kuriya basaba inkunga Kandi ntazongere no gutekerezako haraho ahuriye na Melody kuko Bruce wacu ariyubaha yigararaho.”

Ubu butumwa butanzwe, mu gihe The Ben na Pamela bari mu myiteguro y’ubukwe bwabo buzaba mu matariki ya nyuma y’ukwezi kwa 12/23/2023 aho kubwitabira bisaba kwishyura ibihumbi 50Frw.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bimwe bya Mashami byo gukiza izamu bigiye kwibagirana: Umutoza mushya w’Amavubi yemeje ko bagiye kujya bakina umukino mvaburayi atari umwe wo gukiza izamu twari tumenyereye

Shene ya YouTube Phil Peter yacururizagaho imiziki, iri kunyuzwaho ibitente