in

Safi Madiba wari umaze igihe kirekire atigaragaza mu muziki, agiye kongera kugaragara ku rubyiniro

Umuhanzi Safi Madiba yatangaje ko agiye gukorera igitaramo cye bwite mu Mujyi wa Vancouver muri Canada, azamurikiramo Album ye yise “‘Back to life” aherutse gushyira hanze.

Iki gitaramo giteganyijwe tariki 30 Ukuboza 2023, itariki benshi bari baketse ko ashobora gukoreraho ubukwe nyuma y’uko ashyize hanze integuza, gusa ntatangaze neza ikizaba kuri uyu munsi.

Nyuma y’iki gitaramo byitezwe ko Safi Madiba azahita atangira uruhererekane rw’ibitaramo ashaka kuzakorera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada, i Burayi, mu Rwanda n’ahandi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben ntabwo abagwa mu ntege! Abahanzi 4 b’abanyarwanda bayoboye abandi kuri YouTube Bruce Melodie ni uwa 4 ariko The Ben ntabwo abagwa mu ntege

Ntuzatume umwana wawe akura nkuko wakuze ! Amafoto ya Diamond Platnmuz afite imyaka 2 akomeje kugereranywa n’amafoto y’umuhungu we afite imyaka 2 akomeje gukora ku mitima ya benshi- Amafoto