in

Sadio Mane yagiye kera ku busa, umukobwa urimo kumwikururaho arasiga akantu

Sadio mane ukinira ikipe ya Liverpool ariko wifuza kuyivamo muri iyi mpeshyi, yavuze ko umugore yifuza ari umugore utazajya akoresha imbuga nkoranyambaga ndetse witonda cyane ku buryo nta hantu yajya ajya.

Umunyamakuru wo muri Ghana wakunze Sadio Mane cyane yavuze ko atitaye ku byo Mane yavuze, we ashaka ko bashyingiranwa kandi ko ari umugore w’isezerano rya Sadio Mane.

Joyce Annor Yeboah azwiho kwandika amakuru ya sports muri Ghana mu kiganiro yagiranye na Saddick Adams barimo bakora ikiganiro cyitwa  Angel Floodlight Sports, niho uyu mugore Joyce Annor  yabyemereye.

Yamubajije ati ubitekerejeho mu masegonda 10, wareka akazi kawe ukareka gukoresha imbuga nkoranyambaga kugira ngo ushyingiranwe na Sadio mane?

Undi yahise asubiza ati yego “Ngewe kuva na kera nkunda Sadio Mane kandi ni umugabo witonda, wiyubaha kandi kuba mukunda si ukubera amafaranga afite ahubwo nuko ari umugabo mwiza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kabaye: mu Rwanda habaye ubukwe butagira abageni (video)

Umukobwa Yolo The Queen yatwaye mu modoka yatanze ubuhamya bw’uko byari bimeze