in

Rulindo:yakubiswe bikomeye n’abaturage kugeza ashizemo umwuka

Yakubiswe bikomeye n’abaturage kugeza ashizemo umwuka.

Uyu musore bivugwa ko yishwe yakubiswe azira icyaha cyo kwiba Intama.

Ubwo mama we yahageraga umuhunguwe ari gukubitwa byagashinyaguro yabasabye ko bamureka iyo ntama akayibishyura.

Ibyo yabasabye barabyanze ahubwo nawe aba akubiswe inkoni y’itako kandi uyu mukecuru akomeza avuga ko icyo gihe akubitwa umukuru w’umudugudu yarahari.

Ngo gusa nawe yaramutakambiye ngo amusabire imbabazi bareke kumukubita nkabica inzoka amutera utwatsi avuga ko ari umujura adakwiye kugirirwa impukwe.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto:Judith yagaragaye yambaye ikweto zatangaje benshi gusa we avuga ko ari style

Videwo:intambara y’amacupa iravuza ubuhuha mu kabari nyuma yokubura ubwumvikane