in

Rwamagana udukingirizo tw’abagore twabaye zahabu

Abaturage bo mu Karere ka Rwamagana bavuga ko udukingirizo tw’abagore batubonesha amaso iyo hari abayobozi bagiye kubigisha uko bakoresha agakingirizo, ngo iyo bagiye kutugura birangira batubuze bagasaba Leta ko natwo twaboneka ku isoko kugira ngo turinde abagore Virusi itera Sida.

Ibi byagaragajwe mu mpera z’iki Cyumweru ubwo hasozwaga ubukangurambaga bwo kurwanya Sida bw’iminsi 14 yari yashyizweho mu Ntara y’Iburasirazuba.

Nyuma y’aho imibare y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, igaragaje ko mu banyarwanda barenga ibihumbi 218 bafata imiti igabanya ubukana bwa Virusi itera Sida, iyi Ntara ifitemo abarenga ibihumbi 49.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Marangi i Nyamirambo bamwe mu bafana ba Yanga SC bahagize nk’iwabo -VIDEWO

Junior Giti yabonye ubwiza bw’impanga zibana maze ajya guzisura birangira bamusongesheje ubugari bw’imyumbati