in

Rutambi akuyemo imyenda yose imbere ya kamera abantu bariyamira(AMAFOTO)

Rutambi wamamaye muri filime zisetsa zo mu Rwanda ndetse akaba n’umusore winkorokoro uri mu bacunga umutekano w’umuhanzi Niyo Bosco yatunguranye ubwo yakuragamo imyambaro agasigaza akenda k’imbere ko hasi(boxer) gusa.

Uyu musore w’ibigango yari agamije kwerekana uburyo yubatse umubiri.Yari mu kiganiro cya Irene Murindahabi maze iyi foto ayisangiza abamukurikira kuri instagram. Ubwo abafana babonaga iyi foto bose bahise biyamira batangarira amabuno ya Rutambi.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo igifi kinini cyakoreye mukerarugendo biteye ubwoba

Kakubayeho niba wogosha ku myanya y’ibanga ukamaraho