in

Ruhango: Umugabo yishe umugore we aramubaga amukuramo umutima arawurya

Ni inkuru yatumye benshi bacika ururondogoro ndetse ubwoba burabataha nyuma yo kumva ibyo uwo mugabo yakoze.

Ni amakuru dukesha Uwimana Clarisse yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter aho yavuze ko umugabo yishe umugore we mu karere ka ruhango hanyuma amurya umutima.

Abantu bacitse ururondogoro kuri Twitter nyuma yo kumva iyo nkuru ndetse abandi bemeza ko ari mu bihe bya nyuma.

Ntago hari hamenyekana neza icyo bazize nikimenyekana ndetse n’uko byegenze murabimenyeshwa mu nkuru yacu mukanya gato.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
3 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
MUNYEMANA Ferdinand
MUNYEMANA Ferdinand
1 year ago

Ariko se Ruhango bite? Ruhango Ruhango everytime Ruhango!!!!

Jeanne
Jeanne
1 year ago

Wa hose ni uko muri iki gihe ariko kariya karere wagrngo gafite umuzimu w’umunywamaraso gusa!!!!! Birakabije

Jacky
Jacky
1 year ago

Bagabo Mwe mwakwihanganye gukomeza kumena amaraso yabo mwahanye igihango koko mbega ibara !!!! Birababaje Kandi biteye agahinda gutera abana kuba imfubyi Kandi ubigizemo uruhare .nimwikubite agashyi rwose Kandi inkoramaraso zikomeze guhanwa bibe akarorero ku bandi

Bwiza ari mu rukundo n’umusore usanzwe uzwi muri muzika nya-Rwanda

Undi muririmbyi ukomeye ategerejwe i Kigali mu Rwanda muri uku kwezi