in

Rubavu: Ntibumva ukuntu abagabo basigaye bacuruzwa

Bamwe mu bagabo bo mu Murenge wa Cyanzarwe, Akarere ka Rubavu bavuga ko batumvaga ukuntu umuntu w’umugabo yacuruzwa, bakaba bahumuwe amaso n’ubutumwa abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwabagejejeho.

Abo baturage bavuga ko batunguwe no kumva ko hari abagabo bacuruzwa mu gihe bo bumvaga wenda abacuruzwa ari abana bato, abagore n’abakobwa bashobora kujyana mu busambanyi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Knowless yaraye acunze umunyamakuru Evelyne yizihiwe aramuhagurutsa mu ruhame amukorera ibyo benshi batacyekaga

Inkuru y’akababaro : Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yapfuye ari kuririmbira abantu kuri stage [AMASHUSHO]