in

NdababayeNdababaye

Rocky wavuze ko nta bukwe azakora yambitse impeta umukunzi we (Amafoto)

Rocky Kimomo wamamaye mu gusobanura filime hano mu Rwanda akaba ndetse yaranamamaye ubwo yavugaga ko nta bukwe azakora ndetse anazana imvugo ya « Nta gikwe », yateye ivi asaba umukunzi we, Ishimwe Carmene, ko yazamubera umugore. Carmene nta kuzuyaza avuga Yego hanyuma Rocky ahita amwambika impeta ya fiançaille.

Rocky abinyujije kuri story ya instagram ye yashyize hanze ifoto ikurikira amenyesha abafana be ko yambitse impeta umukunzi we.

Dore uko byari bimeze mu mafoto:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukecuru ukuze ari mu rukundo n’umusore muto yabereye nyirakuru.

Rocky Kimomo yakoze ubukwe (Amafoto)