in

Rocky Kimomo yatanze igisubizo gisekeje ku mufana we wamubwiye ko ari mwiza

Rocky Kimomo, umwe mu bantu b’ibyamamare bakunzwe na benshi ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko Ku rubuga rwa instagram yashyize hanze amwe mu mafoto ye maze umwe mu bafana be wayabonye amubwira ko ari mwiza.

Nyuma yuko umwe mu bafana ba Rocky abonye aya mafoto yahise yandika agira ati « Uri mwiza koko ». Rocky yahise amusubiza agira ati « kumutima byo ndimwiza ark kwisura wapi ».

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukunzi wa Social Mula yeretse ikimenyetso gikomeye abibaza ko we na Social Mula batandukanye

« Isabukuru Nziza, Ndagukunda! » – Nadia wo muri city maid yerekanye Mama we anamwifuriza isabukuru nziza