in

RIP Mutuyimana Afisa : Umukobwa wari urangije amashuri yisumbuye yishwe n’umugabo urwagashinyaguro

RIP Mutuyimana Afisa : Umukobwa wari urangije amashuri yisumbuye yishwe n’umugabo urwagashinyaguro

Mu karere ka Nyanza mu murenge wa Mukingo, humvikanye inkuru mbi ku mwana w’umukobw wari usoje amashuri y’isumbuye.

Uyu mwana w’umukobwa witwa Mutuyimana Afisa uri mu kigero k’imyaka 24 nibwo yari asoje amashuri yisumbuye gusa yari yarahisemo kuba akora akazi ko gucuruza ama inite (umu agenti).

Ku munsi wo ku wa kabiri nibwo yahamagawe n’umugabo utuye mu gasantere ka Bigogo amusaba ko yaza akamubikurira amafaranga agera ku bihumbi 300 rfw.

Gusa ubwo uyu mukobwa yagendaga, ababyeyi be bategereje ko agaruka ariko ntiyagaruka, mu gitondo cya kare nibwo babonye umurambo muri ako gasantere, washinyaguriwe ndetse wambaye ubusa.

Bahageze nibwo basanze uyu Mutuyimana Afisa yamaze gushiramo umwuka.

Mu marira n’agahinda kenshi abaturage bavuga ko nubwo reta yakuyeho igihano cy’urupfu, uyu Hakizimana wishe uyu mwana w’umukobwa akwiye guhabwa igihano cy’urupfu.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’uko Juno Kizigenza agiriye inama Juwayeze wamwihebeye ngo areke kururimba kuko atari ibintu bye, uyu mukobwa yanze kuva ku izima maze yongera asubira muri Sitidiyo – VIDEWO 

Ariko nkiri si iyicarubozo ku bana bacu: Bamwe mu babyeyi bari kuvuga ko abana biga bacumbika mu bigo bari guhohoterwa n’ibigo bigaho muri iki gihe cyo gutaha