in ,

Reba ifoto umunyarwandakazi ukina Filme yashyize hanze itoroheye abasore na gato

Gakire Denise ni umukinnyi wa filime wamamaye mu yakunzwe cyane yitwa ‘Sakabaka’. Anazwi cyane nk’umwe mu bakobwa bagirana umubano udasanzwe n’abahanzi bakomeye bagiye basura u Rwanda; yasabanye na Diamond, Davido, Tayo, Chameleone mu gihe bari mu Mujyi wa Kigali. By’akarusho, Chameleone we yanamusuye mu rugo.

1450261668_gakire_denise-1

Ntabwo twavuga ubucuti bwe n’abahanzi bakomeye ariko ngo twibagirwe kubabwira ko ari umwe mu banyarwandakazi bagiye batinyuka gushyira hanze amafoto ashotora abagabo ndetse rimwe na rimwe yagiye ashyira hanze ayamugaragazaga ari mu buriri yiyambariye umwenda w’imbere.

Nyuma y’igihe kinini Denise adasangiza abakunzi be ku miterereye yahengereye ku mugoroba wo kuri  uyu wa kane maze ashyira hanze ifoto imugaragaza yambaye isutiye asa n’uryamye areba hejuru.

ajakaolapoa

 

Iyi ije ikurikiye ifoto nk’iyi imugaragaza ari mu buriri yambaye umwenda w’imbere yashyize hanze mu mwaka ushize
Umuziranenge

Aha Denise Gakire yari kumwe n’icyamamare Davido ubwo yazaga mu Rwanda

gakire

Denise Gakire akunda kugaragaza ko afitanye umubano ukomeye na Chameleone

Denise Gakire akunda kugaragaza ko afitanye umubano ukomeye na Chameleone

Ubwo Diamond yazaga mu Rwanda nabwo yabonanye n'uyu mukinnyi wa filime

Ubwo Diamond yazaga mu Rwanda nabwo yabonanye n’uyu mukinnyi wa filime

Aha yari kumwe na Tayo wahagarariye Nigeria muri Big Brother Africa

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uko ifoto igaragaza ihindurika ry’uruhu rwa Miss Jolly iri rigutera abantu gucyeka ibindi (ifoto)

Irebere uburyo umunyamidelikazi w’umunyaRwanda yari agiye kwambikwa ubusa n’imyambaro idahwitse (amafoto+video)