in

Rayvanny isi yamwikaragiyeho ubwo ukuri kwe na Paula Kajala kwajyaga ahagaragara

Umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Tanzania uheruka kwikura muri label ya Wasafi akaba yari yungirije Diamond Plutnumz ariwe Rayanny yatandukanye n’umukinzi mu buryo bweruye.

Umwana w’umukunzi wa Harmonize wakundanaga na Rayvanny witwa Paula Kajala, yatangaje ko yatandukanye na Rayvanny nyuma y’igihe umubano wabo ujemo agatotsi ariko impande zombi ntizibitangaze.

Paula Kajala yagiye kwiga mu gihugu cya Turkey kuva icyo gihe yahise asiba amafoto ari kumwe na Rayvanny ndetse bikavugwa ko batandakunye ariko buri wese ntawabitangaje.

Mu kiganiro uyu mukobwa Paula Kajala yabitangaje mu kiganiro yagiranye na wasafi tv.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: umugabo wa Rihanna yambaye ingutiya y’umugore we asetsa benshi

Breaking news: U Rwanda rwandikishije amateka mu mikino ya Commonwealth