in

Pasiteri yashyinguwe n’abakirisitu be akiri muzima kugira ngo akore ibitangaza

Nkuko ibinyamakuru byinshi bikomejebkugenda bibitangaza, umupasiteri ukomoka muri Zambia yasabye abakirisitu be ngo bamuhambe ari muzima kugira ngo nyuma y’iminsi itatu azazuke hanyuma azane na Yesu.

Uyu mupasiteri wo muri Zambia yashyinguwe n’abayoboke be nkuko yabibasabye aho kuzuka aguma mu nda yisi.

Pasiteri James Sakara yari yarasabye abayoboke be kumuboha no kumushyira mu mva ari muzima. Ibyo aba bashatse kubyanga ariko uyu mupasiteri abizeza ko kimwe na Yesu, azagaruka mu isi y’abazima ku munsi wa gatatu w’ishyingurwa rye.

Nyuma yo gushyingurwa akiri muzima, abamuhambye bahise batangira gushakishwa bamwe bahita batangira guhunga.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Mu Rwanda mufite abakobwa beza” Uwabyaranye na Diamond Platinumz yatangajwe n’ubwiza bw’abanyarwandakazi

Breaking News: Haruna Niyonzima na Jacques Tuyisenge mu bakinnyi umutoza w’ikipe y’igihugu yahamagaye