in

Pasiteri yarakaje abatari bake nyuma yo guhamya ko nta mwirabura uzabona ijuru

Umupasteri wo muri Ghana yarakariwe n’abantu benshi ndetse bamwibazaho cyane nyuma y’amagambo yatangaje ahamya ko nta muntu ukomoka muri Afurika uzajya mu ijuru niba koko ribaho.

Ibi yabitangaje ubwo yabwirizaga mu itorero rye ijambo ry’Imana, ryatunguye itorero ryose. Kandi yavuze yeruye ko nta mwirabura, ndetse n’ababwiriza b’ijambo ry’Imana, yaba umupasiteri, umuhanuzi cyangwa musenyeri mukuru,wemerewe kwinjira mu bwami bw’Imana.

Yagize ati: “Nta munya Ghana, nta mwirabura uzinjira muri paradizo. Niba ijuru rihari, nta mwirabura uzaryinjiramo. Waba uri Musenyeri, umushumba. Nimushake mwambarae imyenda miremire nk’iyanjye, ntimuzinjira mu ijuru kubera imitima yanyu mibi.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku nyama ntamikino: Abaturage bataburuye inka yari yatabwe kubera gupfa izize indwara

Umugabo yahaye isomo rikomeye umujura washatse kwiba umugore we(Video)