Siva Moodley wo muri Afurika y’Epfo mu ntara ya Gauteng warumaze imyaka igera kuri ibiri yose yitabye Imana dore ko yapfuye ku itariki 14 kanama 2021.ariko umuryango we ukanga kumushyingura wizeye ko ashobora kuzazuka.

Umuryango wa pasiteri Siva Moodley wemeye kumushyingura nyuma yuko ubihatirijwe ndetse ibyabo bigeze no mu nkiko.
Pasiteri byatangajwe ko yashyinguwe n’abantu bari hagati ya 40 na 50 kandi ntago yashyinguwe n’umugore we ndetse n’abana be babiri bakuru gusa hari bamwe mubagize umuryango we.