in

Pasiteri byarangiye ashyinguwe atazutse nyuma y’imyaka ibiri yose

 

Siva Moodley wo muri Afurika y’Epfo mu ntara ya Gauteng warumaze imyaka igera kuri ibiri yose yitabye Imana dore ko yapfuye ku itariki 14 kanama 2021.ariko umuryango we ukanga kumushyingura wizeye ko ashobora kuzazuka.

Umuryango wa pasiteri Siva Moodley wemeye kumushyingura nyuma yuko ubihatirijwe ndetse ibyabo bigeze no mu nkiko.

Pasiteri byatangajwe ko yashyinguwe n’abantu bari hagati ya 40 na 50 kandi ntago yashyinguwe n’umugore we ndetse n’abana be babiri bakuru gusa hari bamwe mubagize umuryango we.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abashakanye gusa; Dore ibyo umugabo akora mbere yo gutera akabariro n’uburyo akoresha (position) akabyara umwana ushaka

Umuramyi Etienne Nkuru yatunguye umugore we amuha imodoka y’akataraboneka ifite agaciro ka miliyoni 60 – AMAFOTO