in

Papa w’umukwe yahagaritse ubukwe kubera impamvu isekeje

Umusaza wo muri Nigeriya yahagaritse ubukwe bw’umuhungu we amuziza ko umudj yacuranze indirimbo zidahimbaza Imana.

Uyu musaza yahagaritse ibirori hagati kandi yamagana byimazeyo ‘Umuziki w’isi’ ucurangwa na DIsc Jockey.

Se w’umusore yasabye ko umuziki wa gikristo ucurangwa cyangwa buri wese agomba gupakira akagenda.

Yashimangiye ko ari we wari ukuriye ibirori kandi agaragaza ko atemera indirimbo z’isi ndetse n’uburyo abantu babyina mu bukwe. MC yaje kuyobora DJ gucuranga gusa indirimbo za gikirisitu cyangwa ubutumwa bwiza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto: Yabyinnye ikanzu iracika nta mwenda w’imbere yambaye induru bayiha umunwa

Umunyarwenya ukomeye muri Africa aterejwe i Kigali