in

Pamella yasubije a bibaza ikibazo yagize cyatumye yiyogoshesha umusatsi wose akawumaraho

 

Uwicyeza Pamella nyuma yo kwiyogoshesha inyogosho atarazazweho yo gukuraho umusatsi wose akawumaraho ‘uruhara cg urupara’ bigatuma benshi bacika ururomdogoro, ndatse bakibaza niba hari ikibazo hagize, yahumurije a bakunzi be ko ntacyo.

Ubwo yasubizaga abibaza ibyo byose, Uwicyeza Pamella yahumurije abakunzi be, n’inshuti ze n’abibazaga ko hari ikibazo hagize ababwira ko ntacyo ahubwo akomeje kurindwa n’ubuntu bw’Imana kandi ko abakunda.
Yagize ati “muraho neza bantu beza kubambajije niba meze neza yego neza ni ukuri ubuntu bw’Imana bukomeje kundinda. ntacyo nyishinja kandi murakoze, nishimiye ukuntu abantu bakomeje kunyitaho bambaza uko meze. nkunda abantu bange bo kuri Instagram, kandi ndizera ko namwe mu meze neza Imana ikomeze ibarinde”.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto adasanzwe dore ubwiza n’imitere myiza ya Mbabazi Shadia uzwi nka ‘shaddy boo’

Ifoto ya The Ben yo mu 1995 yatumye abantu bongera kwibaza ku myaka ye