in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE NdabikunzeNdabikunze YEGOKOYEGOKO

Padiri Sibomana Jerome uherutse gusezera mu gipadiri yasezeranye n’umukunzi we(AMAFOTO)

Padiri Sibomana yavuye mu gipadiri mu kwezi k’Ukuboza umwaka ushize wa 2021, akaba yarakoze ubutumwa butandukanye muri Paruwasi ya Yove, Nkombo na Shangi i Cyangugu.

Sibomana Jerome yasezeranye n’umugore we, Ngabire Teddy imbere y’amategeko, kuzabana ubudatana, nyuma y’uko asezeye ku bupadiri akiyemeza kuba umulayiki. Ni umuhango wabereye mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Nyamabuye, ku wa Gatanu tariki 7 Mutarama 2022.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yasaze ata umutwe nyuma yo kuva mu modoka y’umukunzi we(Video)

“Umuto murasa cyane no gu slayinga ni nk’ibya Nyina…” – Ibyo abafana ba Shaddyboo bavuze ubwo babonaga abana be