in

Nyuma yo kuva muri gereza Ndimbati yongeye gutwika

Umukinnyi wa filime zisetsa Uwihoreye Jean Bosco Moustapha uzwi nka Ndimbati yongeye gutwika aho yasubukuye filime akina nyuma y’iminsi mike afunguwe.

Ndimbati yagarutse mu rwenya rw’uruhererekane rwa Papa Sava rutegurwa n’umukinnyi mugenzi we Niyitegeka Gratien.Mu gace k’uru rwenya rwasohotse kuri uyu wa 7 Ukwakira 2022, Ndimbati agaragara yakinnye umwanya w’umusaza w’umunyamururumba.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu ba Rubavu Social Mula abapfunduriye ku gasecye abafitiye ejo tariki 8 Ukwakira mu gitaramo ifite i Rubavu

Breaking news:Undi mukinnyi ukomeye w’umufararansa agiye guhagarika gukina umupira