in ,

Nyuma yo gutukwa n’abafana babo, The Ben na Tom Close bagaruriye akanyamuneza abakunzi ba muzika nyarwanda

Abahanzi The Ben na Tom Close bakunzwe cyane hano mu Rwanda kubera indirimbo zitandukanye bagiye bahimba zigakundwa cyane ndetse n’ibitaramo bitandukanye bakoreye hirya no hino ku isi bigatuma bigarurira imitima y’abantu benshi, aba bahanzi bakaba mu minsi ishize  barikomwe n’abafana babo ndetse n’abafana b’umuziki nyarwanda muri rusange, mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere babashije gukora ku mitima y’abafana babo ndetse n’abakunzi b’umuziki nyarwanda ubwo bashyiraga hanze amajwi ndetse n’amashusho y’indirimbo yabo bise THANK YOU. Ni nyuma y’igihe kitari gito bayiteguza abafana babo byanatumye bamwe banarambirwa bagatangira no kwivumbura ari nako bavuga amagambo agaragaza ko barambiwe gutegereza.

Benshi mu bafana ba The Bn na Tom Close bari barambiwe no gutegereza indirimbo “THANK YOU”

Kanda hano ubashe kumva no gutunga amajwi y’indirimbo THANK YOU ya The Ben na Tom Close

The Ben ft. Tom Close – THANK YOU

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imyiyereko idasanzwe yo kwishushanya n’abapfuye (Amafoto)

BREAKING NEWS-BITUNGURANYE ikipe y’i LIVERPOOL yirukanye umutoza wayo azira umusaruro mucye cyane bibabaza bikomeye abafana