in ,

Nyuma yo Gutegereza Imyaka 17, Uyu Mugore Yibarutse Impanga Bwa Kabiri (Amafoto)

Chinwe Ezennia Ogbeide, umudamu wo muri Nijeriya, yibarutse abakobwa b’impanga nyuma yimyaka 17 abyaye umwana we wa mbere. Ubu yibarutse izindi mpanga, umuhungu n’umukobwa

We numugabo we ndetse n’umwana wabo wa mbere wiga muri kaminuza bizihije isabukuru yambere y’abakobwa babo b’impanga Emmanuella na Daniella i Port Harcourt, muri Leta ya Rivers mu ntangiriro zuyu mwaka.

Ku cyumweru, tariki ya 14 Ugushyingo, umufotozi wagaragaje aya makuru, yavuze ko Madamu Ogbeide yasamye nyuma y’amezi make abakobwabe b’impanga bavutse.

“Nyuma yo gutegereza imyaka 17 ngo babyare umwana wabo wa kabiri, Imana yabahaye impanga zagumye mu nda imyaka 3.”

Yagize ati: “Amezi make nyuma yo kuvuka kwabo, mama wabo Chinwe Ezennia Ogbeide yatangiye kumva ibintu bigenda mumubiri we biza kwemezwa ko atwite izindi mpanga.”

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kakubayeho niba wibonaho ibi bimenyetso wanduye indwara zandurira mu mibonana mpuzabitsina.

Ambulance yari itwaye umubyeyi utwite i Musanze ikoze impanuka ikomeye||dore uko bigenze