in

Nyuma yo gusezerana mu mategeko umunyarwenya Kigingi yasezeranye imbere y’Imana n’umunyarwandakazi we yihebeye(Amafoto)

Umunyarwenya Alfred Aubin Mugenzi wamamaye nka Kigingi wo mu gihugu cy’Uburundi wari uherutse gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we kuri ubu bambikanye iyurudashira , imbere y’Imana.

Ku wa 12 Ukuboza 2021, Kigingi na Marina basezeranye imbere y’amategeko ya Repubulika y’u Burundi biyemeza kubana byemewe n’amategeko.

Ku wa 24 Nzeri 2021 Kigingi yasabye anakwa umukunzi we Marina, mu muhango wabereye kuri Ineza Garden i Kinyinya muri Kigali.

Ubukwe bw’aba bombi bwabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Mutarama 2022, mu birori binogeye ijisho. Basezeranye imbere y’Imana, nyuma bakira abatashye ubukwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mukobwa/mugore irinde gukora ibi bintu mu rukundo kuko abasore/abagabo babyanga urunuka

Ku mbuga nkoranyambaga:abantu bababajwe n’abapolisi bagaragaye bahohotera ufite uburwayi bwo mu mutwe (video)