in

Nyuma y’indimi zirimo igiswayile, igifaransa n’icyongereza hari urundi rurimi rushya rugiye kujya rwigishwa mu mashuri yo mu Rwanda

Nyuma y’indimi zirimo igiswayile, igifaransa n’icyongereza hari urundi rurimi rushya rugiye kujya rwigishwa mu mashuri yo mu Rwanda

Ambasade y’uburusiya mu Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza gahunda yo kwigisha ururimi rw’ikirusiya muri Kaminuza y’urwanda(UR) ndetse n’iya St. Petersburg.

Ambasade y’u Burusiya mu Rwanda yatangaje iti “Ambasade y’u Burusiya mu Rwanda yishimiye kubamenyesha ko guhera muri Nzeri 2023, Inama nkuru y’amashuri makuru na za kaminuza, Kaminuza y’u Rwanda na Kaminuza ya St. Petersburg bazafatanya mu gutegura amasomo y’Ururimi rw’Ikirusiya ku buntu, hakoreshejwe ikoranabuhanga, ku myaka yose, ku byiciro byose.”

Ni igikorwa kizafasha benshi kuko Ikirusiya kivugwa n’abantu barenga miliyoni 258 ku isi, rukaba urwa mbere ruvugwa mu Burayi bw’iburengerazuba

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu nawe yajaje pe!: Element yagaragaye agacinya akadiho mu mbyino gakondo (Video)

Bavuga ko abakinnyi ba Rayon ari bo baba batwika! Abakinnyi 2 APR FC yasinyishije muri iyi minsi umujyi bawufashe nta n’icyumweru baramara hano mu Rwanda