in

Nyuma y’amikoro make n’inkwano z’umurengera abasore bahurije ku kindi kintu gituma badashaka 

Ni mu gihe byavugwaga ko amikora macye n’inkwano y’umurengera ari byo ntandaro yo kudashinga ingo ku basore bamwe, hari abavuga ko imyitwarire itaboneye ya bamwe mu bakobwa b’iki gihe yatumye bazikubira ibyo kuzashaka abagore.

Umwe muri aba basore wumvikana nk’uwahuzwe ibyo kuzashinga urugo nubwo atarwigeze, yatoboye avuga ko kubona umukobwa bashingana urugo bitoroshye kubera imyitwarire bakomeje kugaragaza kuko usanga abenshi barabaswe no gusambana no kunywa amayoga n’ibindi.

Bakomeje bavuga ko bigoranye kubona umukobwa wa kwita mutima w’urugo kuko bose baba bararangije guta umuco.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’amasaha make Producer Element asezeye muri County Records, hatangajwe umusimbura we

Mushiki wa Rocky Kimomo wiyita Ndabaga nawe yinjiye mu mwuga wo gusobanura filime