in

Nyuma y’amagambo y’urucantege yabwiwe na mwarimu we ,yarangije kwiga muri kaminuza zikomeye isi

Umukobwa ari mu byishimo byinshi nyuma yo kurangiza amasomo ye muri kaminuza ikomeye ku isi ya Oxford ndetse arangije no muri Havard University nyuma y’amagambo ya mwarimu we wahoraga amubwira ko ntakintu ashoboye.

Uyu mudamu uzwi ku izina rya Vee K yatangaje ko ari umunyeshuri wize muri kaminuza ya Oxford na kaminuza ya Harvard.

Ajyana kuri LinkedIn ye, Vee yibukije igihe yashakaga gusaba kwiga muri Oxford akiri mu mashuri yisumbuye ariko mwarimu we amubwira ko nta bwenge azi bwatuma yiga muri Kaminuza ikomeye ku isi.

Uyu mukobwa ykoresheje inkuru y’ubuzima bwe kugira ngo ashishikarize abandi bari mu bihe nkibye, ndetse anasaba abarezi, abarimu kureka guca intege abana ngo ntacyo bashoboye.

Nk’uko uyu mugore w’umuhanga abitangaza ngo yiteguye kandi gutangira kwiga PHD mu 2023.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yasazijwe n’umujinya nyuma yo gusanga umugore we aryamanye n’undi mugabo akora amarorerwa(Video

Amatike yo kwinjira mu gitaramo cya The Ben muri Uganda yavugishije abatari bake