in

Nyuma ya Anita Pendo, undi munyamakuru wa RBA yasezeye kuri iki gitangazamakuru

Umunyamakuru Gérard Mbabazi wakoreraga Ikigo k’ibihugu cy’itangazamakuru (RBA), yamaze gusezera kuri iki gitangazamakuru yari amazemoho imyaka irenga 10.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Gérard Mbabazi yasezeye ku bamukundaga kuri RBA ndetse ashimira abo bakorabaga kuri iki gitangazamakuru.

Mbabazi yavuze ko agiye gukomereza kuri YouTube Channel ye. Asezeye kuri RBA nyuma y’iminsi 2 gusa Anita Pendo nawe asezeye kuri RBA.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Sandrine Isheja Butera umaze iminsi mike agizwe umuyobozi kuri RBA, yabisikanye na Anita Pendo wari uhamaze imyaka 10

Arsenal FC iburiye amanota atatu imbere ya bafana bayo