in

Nyampinga w’u Rwanda 2016 Miss Mutesi Jolly yatewe agahinda n’ikinyamakuru cyashyize hanze ifoto y’umukobwa wasazwe n’ibyishimo agashyira amabereye hanze

Nyampinga w’u Rwanda 2016 Miss Mutesi Jolly yatewe agahinda n’ikinyamakuru cyashyize hanze ifoto y’uwasazwe n’ibyishimo kimwe mu bice bye by’umubiri bikajya hanze.

Mu masaha y’igicamunsi nibwo hakwirakwiye ifoto y’umukobwa wasazwe n’ibyishimo akabyina kugeza ubwo umwambaro we uzamutse abafotora bagafotora

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Ni ifoto yafatiwe muri Camp Kigali ahabereye igitaramo cya Danny Nanone warimo kumurika Album ye nyuma yo kugarukana imbaraga muri muzika.

Muri uku kwizihirwa kubera umuziki n’urukundo yari afitiye umuhanzi wari ku rubyiniro, yazamuye amaboko cyane , ishati irazamuka kimwe mu bice bye by’umubiri bijya hanze ahita afotorwa.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Anyuze kuri X , Miss Mutesi Jolly yibajije niba ibinyamakuru bimwe na bimwe bitagira ubuyobozi kuburyo bikora ibisa n’amabara.

Miss Mutesi Jolly yagize ati:” Human decency of some our media houses is out of the window. Ese nta editorial line bagira ?”.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Benshi mu basubije Miss Rwanda 2016 harimo Lionel Ndizeye wagize ati:” Agatwiko hejuru ya byose”.Jolly ahita amusubiza ati:”Birababaje”.

Benshi bakomeje kugaragaza ibitekerezo byabo.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kwizera Claudine ari kunguka menshi nyuma yo kujya gucururiza akabari i Cabo Delgado muri Mozambique

“Nubwo mwakwiteranya ndacyabarenze”! Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo ntakozwa ibyo kuba hari izindi nkumi zisigaye zimurusha ubwiza -IFOTO