in

Nyamirambo ubutinganyi bwafashe indi ntera: Umuhanzi Papa cyangwa yatanze ubuhamya bw’ibyo yakorewe n’umutinganyi bahuriye i Nyamirambo atabarwa n’amavuta – VIDEWO

Umuhanzi Papa Cyangwa yatanze ubuhamya bw’ibyo umutinganyi bahuriye i Nyamirambo yari agiye kumukorera gusa ku bw’amahirwe aza gukizwa n’umuguru nyuma yo kumubeshya ko agiye kuzana amavuta.

Mu kiganiro Papa Cyangwa yagiranye na Yago TV show, yavuze ko ubwo yari i Nyamirambo yahuye n’umusore w’ibigango maze ashaka kumufata ku ngufi (kumutanga).

Papa Cyangwa yavuze ko uyu musore yamusabye ko yamwemerera ikintu kimwe gusa, maze atangira ku mwegera ashaka kumusoma, Papa Cyangwa abonye ko ntaho amucikira amubeshya ko agiye kuzana amavuta two gusiga ku minwa maze akizwa n’amaguru.

Reba videwo aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibibera I Musanze nta handi biba: mu bugome bukabije umugabo yasutse urusenda mu myanya y’ibanga y’umugore we(uko byagenze)

Yari umuzamu mwiza bidasanzwe: Inkuru y’inshamugongo yatashye mu Banyarwanda nyuma yo kumva ko uwakiniye ikipe y’igihugu Amavubi yitabye Imana